Perezida Paul Kagame yasoje uruzinduko rw’akazi yagiriraga muri Qatar, akaba y aherekejwe ku kibuga cy’Indege n’Umunyamabanga ...
Abatuye mu Ntara y’Amajyepfo barasaba ko bafashwa kubona amarimbi hafi y'aho batuye, ndetse n’aho yashyizwe hagashakwa uburyo ...
Lors de l’audience publique tenue ce mercredi à Arusha, les débats se sont concentrés sur les questions de compétence et de ...
Aba bacanshuro bageze muri RDC nyuma yo guhabwa akazi na Perezida Félix Antoine Tshisekedi kugira ngo bafashe ingabo ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Malawi ifashe iki cyemezo nyuma y'aho kuri uyu wa Gatatu, Abadepite bagize Komisiyo y'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya ...
Abakuru b'Ibihugu na za Guverinoma bo mu bihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika y'Iburasirazuba, EAC n'iby'uwo mu Majyepfo ya Afurika, SADC, bashimangiye ko inzira y’ibiganiro ari yo ishobora ...
Brigitte Nibishaka na Rebecca Cyuzuzo bagiye kwiga muri Tango Bourges Basket (TBB) Academy. Aba bombi bari mu Ikipe y'Igihugu ...
Abarwayi n’abarwaza mu Bitaro Bikuru bya Ruhengeri, bashimye abagira umwanya wo kubasura, kuko bibahumuriza bikanafasha ab'amikoro make. Babivuze kuri iki Cyumweru tariki 9 Gashyantare 2025, ubwo ...
Minisiteri y'Ubuzima ivuga ko mu gihe cy'imyaka 5 iri imbere, ibigo nderabuzima 510 byo mu Rwanda bizaba byarahawe abaganga bo ku rwego rwa Dogiteri muri serivisi zitandukanye, kugira ngo bifashe ...
Perezida Kagame yifatanyije n'Abakuru b'Ibihugu na za Guverinoma mu bihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika y'Iburasirazuba, EAC n'iby'uwo mu Majyepfo ya Afurika, SADC, mu nama igamije gushaka umuti ...
Nyuma yo kubohora Umujyi wa Goma, abarwanyi ba M23 bambuye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, FARDC n’abarwanyi b’Umutwe w’Iterabwoba, FDLR, intwaro n'indege za gisirikare ...