Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika inkunga yose Amerika yahaga Afurika ...
Abasesengura politiki y’akarere, baravuga ko inzira y’ibiganiro aricyo gisubizo gishoboka ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Ni mu gihe inama ...
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w'Intwari, ashimangira ko ari uwo guha icyubahiro Intwari z’Igihugu zaharaniye kwimakaza indangagaciro z’ubumwe, ukuri n’ubutabera. Umukuru ...
Aba bacanshuro bageze muri RDC nyuma yo guhabwa akazi na Perezida Félix Antoine Tshisekedi kugira ngo bafashe ingabo ...
Ingabo za Afurika y’Epfo ziri Mubambiro na Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo ziri mu ihurizo ry’uburyo zageza mu gihugu cyabo abaguye ku rugamba barwana ku ruhande rw’ingabo za RDC na ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yashimangiye ko u Rwanda rwiteguye guhangana n’uwariwe wese warushozaho intambara. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiriye kuri ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Impunzi z’Abanye-Congo zari zicumbikiwe mu Nkambi y’Agateganyo ya Rugerero zikomeje gusubira iwabo nyuma y'iminsi ibiri M23 ifashe Umujyi wa Goma itsinze Ingabo za DRC (FARDC) n’abo bafatanyije barimo ...
Inararibonye n’impuguke muri Politiki zisanga imikorere y'Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba, nikomeza uko iri, aho ibihugu usanga biharanira inyungu zabyo bwite, bishobora kuzatuma utagera ku ntego ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo by'umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bidashobora gukemurwa binyuze mu nzira y'intambara. Umukuru w'igihugu ...